13-19 MATA
YESAYA 52-53
Indirimbo ya 18 n’isengesho | Amagambo yo gutangira (Umun. 1)
Yesu agiye kwicwa
1. Yesu yatweretse urukundo rwinshi
(Imin. 10)
Yesaya yahanuye ko Yesu yari kuzasuzugurwa (Yes 53:3; Mat 26:67, 68; w10 15/11 7 par. 2)
Yesu yari yiteguye kubabazwa (Yes 53:7; ip-2 205 par. 25;
Kubera ko Yesu yakundaga Yehova n’abantu, yari yiteguye kubabara kugira ngo akore ibyo Imana ishaka kandi yikorere ibyaha byacu (Yes 53:10-12; Yoh 14:31; 15:13)
2. Ibintu by’agaciro byo mu Ijambo ry’Imana
(Imin. 10)
Yes 52:11—Ni iki abasenga Yehova basabwa kugira ngo abemere? (w09 15/6 14 par. 14)
Ni ibihe bintu by’agaciro wasomye muri Bibiliya muri iki cyumweru wifuza kubwira abandi?
3. Gusoma Bibiliya
(Imin. 4) Yes 53:3-12 (th ingingo ya 10)
4. Gutangiza ikiganiro
(Imin. 4) KUBWIRIZA KU NZU N’INZU. Saba umuntu kumwigisha Bibiliya. (lmd isomo rya 4 ingingo ya 4)
5. Gutangiza ikiganiro
(Imin. 3) KUBWIRIZA KU NZU N’INZU. Ganira n’umuntu ukoresheje umugereka A, mu gatabo Urukundo dukunda abantu. (lmd isomo rya 3 ingingo ya 3)
6. Kongera kuganira n’umuntu
(Imin. 5) KUBWIRIZA KU NZU N’INZU. Saba kwigisha Bibiliya umuntu wateranye Urwibutso. (lmd isomo rya 8 ingingo ya 3)
Indirimbo ya 20
7. Ba incuti ya Yehova—Igikorwa kigaragaza urukundo kuruta ibindi byose
(Imin. 15) Ikiganiro.
Erekana VIDEWO. Hanyuma ubaze abateranye ibibazo bikurikira:
Ni mu buhe buryo igitambo cya Yesu ari impano?
Twagaragaza dute ko dushimira?
8. Icyigisho cya Bibiliya cy’Itorero
(Imin. 30) lfb igice cya 76-77