3-9 Gicurasi
KUBARA 27-29
Indirimbo ya 106 n’isengesho
Amagambo yo gutangira (Umun. 1)
UBUTUNZI BWO MU IJAMBO RY’IMANA
“Twigane umuco wa Yehova wo kutarobanura ku butoni”: (Imin. 10)
Gucukumbura ibintu by’agaciro byo mu Ijambo ry’Imana: (Imin. 10)
Kb 28:7, 14—Ituro ry’ibyokunywa ni iki? (it-2 528 par. 5)
Ibyo wasomye muri Bibiliya muri iki cyumweru byakwigishije iki kuri Yehova, ku murimo wo kubwiriza n’ibindi?
Gusoma Bibiliya: (Imin. 4) Kb 28:11-31 (th ingingo ya 5)
JYA URANGWA N’ISHYAKA MU MURIMO WO KUBWIRIZA
Videwo y’uko waganira n’umuntu bwa mbere: (Imin. 5) Ikiganiro. Erekana videwo ivuga ngo: “Kuganira n’umuntu bwa mbere: Umugambi w’Imana—It 1:28” Jya uyihagarika maze ubaze ibibazo biri muri iyo videwo.
Kuganira n’umuntu bwa mbere: (Imin. 3) Ifashishe uburyo bwo gutangiza ibiganiro.. (th ingingo ya 4)
Disikuru: (Imin. 5) w07 1/4 17-18—Umutwe: Ni iki cyatumaga Yehova yemera ibitambo n’amaturo? (th ingingo ya 16)
IMIBEREHO IKWIRIYE ABAKRISTO
Ba incuti ya Yehova—Jya ukunda mugenzi wawe: (Imin. 6) Ikiganiro. Erekana iyo videwo. Niba bishoboka baza abana watoranyije ibi bibazo: Kuki abandi banyeshuri batakundaga Priya? Sofiya yakoze iki kugira ngo yereke Priya ko amukunda? Wakora iki ngo ugaragaze ko ukunda abantu mutameze kimwe?
Incuti nyakuri ni iyihe?: (Imin. 9) Ikiganiro. Erekana iyo videwo. Hanyuma ubaze ibi bibazo: Wagombye gushaka inshuti imeze ite? Incuti nziza wayikura he? Wakora iki ngo ube inshuti nziza?
Ikigisho cya Bibiliya k’Itorero: (Imin. 30) lvs, igice cya 9 par. 13-26, amahame ya Bibiliya, ipaji ya 129-131
Amagambo yo gusoza (Imin. 3)
Indirimbo ya 54 n’isengesho